Agezweho

Musanze: Babonye umurambo w’umugabo hafi y’umuhanda bibabera urujijo

Mu masaha y’urukerera rwo ku wa Gatatu tariki 4 Ukuboza 2024, abaturage barimo bagenda mu muhanda unyuze ahazwi nko kuri Sonrise School mu Mudugudu...

RDC yakatiye urwo gupfa Umusirikare wari mu barinda Perezida Tshisekedi

Urukiko rwa gisirikare rwa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru, kuwa Gatandatu ushize rwakatiye igihano cy’urupfu Premier sergent Ngoy Inabanza Felicien wo muri batayo ya 134...

Sgt Minani warashe mu cyico abaturage 5 yatangiye kuburanishwa mu ruhame

Urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Ukuboza, rwatangiye kuburanishiriza mu ruhame urubanza ruregwamo Sergeant Minani Gervais wo mu ngabo z’u...

Rwanda: Mu bantu 100 bapfa ku munsi haba harimo 7 bazize Sida

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, avuga ko nubwo bishimira ko Virusi itera SIDA igenda igabanuka ariko hari icyiciro gihangayikishije cy’abakora uburaya kuko 35% muri...

Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu

Ku mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu,...

Popular